RFL
Kigali

Bakunzi b'ibibigezweho,muri Simba Super Market babazaniye amavuta y'amako yose kandi agezweho.

Yanditswe na: slim dallas
Taliki:10/01/2013 6:55
0




Simba super Market ni rimwe mu isoko rya kijyambere muri uno mujyi wa Kigali rikomeye kandi ukaba wasangamo ikintu icyo aricyo  cyose wakenera.Uyu munsi rero inyarwanda.com ikaba yasuye  bimwe mubikorwa byayo aho ikorera hashya mu nyubako ya Pension Plaza  tukaba twasuye igice  bacururizamo  amavuta yo kwisiga haba mu mutwe,kumubiri ndetse n’amasabune n’amazi akoreshwa mu isukura ritandukanye .

Muri ayo mavuta higanjemo akesha akoreswa k’umubiri ,avura umubyihuro,aringaniza amabere,arwanya imiburu kubagabo,ayo abadamu bashaka kwitukuza bakoresha,atuma imisatsi ikura neza,amavuta atuma umuburiri w’umwana umera neza,imibavu,amavuta arwanya iminkanyari ya Brunovasali ,shampoo,imiti bisiga bamaze kogosha ubwanwa(After shave) n’ibindi byinshi.

Twababwira ko  aya mavuta mwayasanga  mu iduka rishya rya Simba riherereye munyubako  ya Grand Pension Plaza imbere ya Centenary House na La Bonne address house.

Dore  bimwe mubyo ushobora kuhasanga:

simba

Aya yose ni amavuta y'ubwoko butandukanye utasanga ahandi.

simba

simba

simba

Aya Ngaya afasha abana cyane kugirango bagire umubiri mwiza.

a

Amwe muri aya mavuta arinda abantu kugira uruhu rukakaye kubera intungamubiri agira.

simba

Aya mavuta akoreshwa mu mutwe,amoko yose wayahasanga.

simba

Abamama n'abakobwa ano mavuta y'abagirira akamaro kenshi.Deo

Izi bazita MP3 zirimo imibavu hamwe na shampo yazo.

simba

Amashakoshi meza cyane kubamama n'abakobwa nayo arahari.

simba

Uwashaka amataratara agezweho nawe yanyarukira muri Simba.

a

Utu Tubati twose  twuzuyemo ibyo abadamu n'abakobwa basiga kuminwa no kunzara.Reka tubabire ko muri Simba wasangamo amavuta y'abantu bose baba abagabo,abakobwa,abagore,abana n'abasaza.

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND