Ku bifuza kuza gukurikirana umukino wa Arsenal na Liverpool mu bwisanzure,nta handi mu mujyi wa Kigali atari muri Tizama bar and Restaurant.
Ku bakunzi b’imikino itandukanye,nkuko tubimenyereye Tizama bar and restaurant ni ahantu ushobora kurebera imikino itandukanye icyarimwe kandi nta kiguzi uciwe ikaba ariyo mpamvu Inyarwanda.com yahaguhitiyemo nk’ahantu warebera umukino w’umunsi uza guhuza Arsenal FC na Liverpool FC wo kuri uyu mugoroba w'iki Cyumweru tariki 27 Kanama 2017.
Usibye ibi ariko indi mpamvu inakomeye ni uko aha ariho honyine usanga ibyo kunywa no kurya by’ubwoko bwose kandi amasaha yose ubishakiye dore ko bakora amasaha 24/24 iminsi 7/7, ibi byakubitiraho ko ibiciro byabo biri hasi bituma abantu bashaka gusohoka Tizama Bar & Restaurant bahafata nk'aha mbere i Nyamirambo ho gusohokera.ikindi kandi uburyo bwo kwishyura bwarorohejwe,mu gihe udafite amafaranga mu ntoki ushobora gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga bwa mobile money cyangwa VISA card. Tizama Bar & Restaurant iherereye i Nyamirambo haruguru gato ya Club Rafiki ahateganye neza neza na BK ishami ry’i Nyamirambo.
Buri cyumba cyose wicayemo ushobora gukurikirana imikino
Ntiwagira icyaka uri muri Tizama,.. icyo kunywa cy'ubwoko bwose kiba gihari
TANGA IGITECYEREZO