Umunyarwenya Ntarindwa Diogene wamamaye cyane ku mazina atandukanye nka Gasumuni, Atome n’andi, ubu uri mu kababaro nyuma yo kubura umubyeyi we witabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Werurwe 2017.
Umwe mu bagize umuryango mugari wa Ntarindwa Diogène yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko Niwemuto Philippe yitabye Imana azize uburwayi bwa Diabetes yari amaranye igihe. Uyu mukambwe ngo akaba yari aherutse kuzuza imyaka 81 y’amavuko kuko yabonye izuba kuwa 6 Mutarama 1936.
TANGA IGITECYEREZO