RFL
Kigali

Riderman yashyize hanze amashusho y'indirimbo 'Gooms' arimo udushya twinshi-VIDEO

Yanditswe na: Abdou Bronze
Taliki:16/06/2016 16:34
4


Nyuma y’uko umuraperi Riderman ashyize ahagaragara indirimbo “Gooms” iri mu njyana ya Reggea,kuri ubu mu mashusho yayo yashyize hanze hagaragaramo udushya twinshi aho agaragara afata icyemezo gikarishye cyo kwirukana umukunzi we akavuga ko amarangamutima atabuza umurasita gufata icyemezo.



Iyi ndirimbo iri mu rurimi rw'icyongereza n'ikinyarwanda, yateje impaka ndende ubwo yajyaga ahagaragara bamwe bemeza ko ari ikosora abandi ariko bavuga ko batangazwa n’uko Riderman yaba yatangiye gusezerera Hip Hop akerekeza mu njyana ya Reggae.

Amashusho (Video) y’iyi ndirimbo igaragaramo udushya twinshi turimo no kwihaniza umwana w’umukobwa. Ikindi umuntu yavuga kuri Papa Eltad (umuraperi Riderman) ni uko yitegura kumurika umuzingo we mushya(Album) tukazagaruka kuri iyi nkuru mu minsi iri imbere.

Kanda hano wirebere amashusho y'indirimbo "Gooms"

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • iratwumva safi7 years ago
    byiza xana
  • eric7 years ago
    riderrman inganzo yarakamye nta qualite indirimbo ye nimbi bibaho umuhanzi akagwa nka ba bulldog basigaye baririmba ubusa iyi KO Ari reaggae uzongera kuvuga NGO hip hop ntikinwa muvangavanga abantu muhindura injyana uri Fake nturi hip hop hit yawe yambere rutenderi so hip hop so ntukavuge hip hop uri mubayisubiza inyuma
  • 7 years ago
    warangiza NGO ukora hip hop ibisimizi warabiryarye cyane
  • 7 years ago
    ibyo yakoze nibyo tukurinyuma





Inyarwanda BACKGROUND