Nk’uko Madonna abitangaza ngo hashize imyaka itari mike bombi babonanye. Ati “Nabonanye nawe hashize imyaka itari mike ubwo yari akiri agakobwa gato mubyemere cyangwa mubihakane.”
Madonna na Kim Kardashian
Ibi akaba yarabitangaje nyuma yo gutsindira igihembo cya Top Touring Artist muri Billboard Award y’uyu mwaka.
“Yambwiye ko ari umufana wanjye ukomeye maze nkuramo agakomo kamwe ndakamuha. Hanyuma naje kubyibagirwa ariko yabinyibukije kuri uriya munsi duhurira i New York”.
Denyse Iranzi
TANGA IGITECYEREZO