RFL
Kigali

Live:Kurikirana uko ibirori byo gusoza FESPAD bimeze

Yanditswe na: munyaneza evariste
Taliki:2/03/2013 18:05
0




Kuri ubu hakaba hatangiye imyiyereko y’imbyino zaturutse mu bihugu bitandukanye harimo Burundi,Congo,Uganda,Namibie,Misiri,n’ibindi.

abarundi

abarundi nibo babimburiye ibindi bihugu

abayobozi

Abayobozi mu nzego zitandukanye baje kwihera ijisho

congo

Abo mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo nibo bakurikiyeho

Egypt

Abanyamisiri ntibatanzwe

Rwanda

 

Abanyarwanda nabo ntibasigaye inyuma

Yganda

Aba ni ababyinnyi baturutse mu gihugu cya Uganda

Nyuma y'iyi myiyereko y'imbyino zitandukanye hakaba hakurikiyeho umuhango wo guha ibihembo ababyinnyi babaye abambere mu marushanwa y'imbyino yazengurutse igihugu.

Ibihembo

Bamwe mu bashyikirijwe ibihembo

Mitali

Ministiri Mitali ati:Turashimira ibihugu byitabiriye ndetse tubahaye ikaze n'ubutaha

 abantu

Akanyamuneza ni kose ku bitabiriye iri serukiramuco

 jay

Dream boys iririmbye mu buryo bwa Live

polly

Jay Polly agaragaje ko akunzwe cyane

abafana

Abafana bagarije Jay Polly urukundo rudasanzwe

Robert N Musafiri

Photo:Jean Luc Imfurayacu






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND