Kuri ubu hakaba hatangiye imyiyereko y’imbyino zaturutse mu bihugu bitandukanye harimo Burundi,Congo,Uganda,Namibie,Misiri,n’ibindi.
abarundi nibo babimburiye ibindi bihugu
Abayobozi mu nzego zitandukanye baje kwihera ijisho
Abo mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo nibo bakurikiyeho
Abanyamisiri ntibatanzwe
Abanyarwanda nabo ntibasigaye inyuma
Aba ni ababyinnyi baturutse mu gihugu cya Uganda
Nyuma y'iyi myiyereko y'imbyino zitandukanye hakaba hakurikiyeho umuhango wo guha ibihembo ababyinnyi babaye abambere mu marushanwa y'imbyino yazengurutse igihugu.
Bamwe mu bashyikirijwe ibihembo
Ministiri Mitali ati:Turashimira ibihugu byitabiriye ndetse tubahaye ikaze n'ubutaha
Akanyamuneza ni kose ku bitabiriye iri serukiramuco
Dream boys iririmbye mu buryo bwa Live
Jay Polly agaragaje ko akunzwe cyane
Abafana bagarije Jay Polly urukundo rudasanzwe
Robert N Musafiri
Photo:Jean Luc Imfurayacu
TANGA IGITECYEREZO