RFL
Kigali

FESPAD ikomereje mu ntara y'Amajyaruguru i Musanze(Live)

Yanditswe na: kundabose jean david
Taliki:28/02/2013 14:01
0




Mu mbyino zigezweho hari abitwa strong Boys baturutse Musanze n'Impano family baturutse Rulindo.

fespad

Itorero rya Musanze risusurutsa abari muri ibi birori.

Ubu itorero rya mbere ririmo gususurutsa ubu abahanzi b'imbyino zigezweho nabo barangije gukora performance.

Hagati aho Namibia n'abarundi nibo kuri iyi nshuro bari gususurutsa abantu  Impano family nibo babaye aba kabiri, abambere babaye Srong Boyz. Urwibutso Rulindo babaye abakabiri. Abambere baba Impeta b’i Musanze.

fespad

Akanama nkemurampaka

FESPAD

Aba ni impano Family.

FESPAD

Strong Boyz

FESPAD

Itorero ryaturutse i Rulindo.

Selemani Nizeyimana.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND