Mu mbyino zigezweho hari abitwa strong Boys baturutse Musanze n'Impano family baturutse Rulindo.
Itorero rya Musanze risusurutsa abari muri ibi birori.
Ubu itorero rya mbere ririmo gususurutsa ubu abahanzi b'imbyino zigezweho nabo barangije gukora performance.
Hagati aho Namibia n'abarundi nibo kuri iyi nshuro bari gususurutsa abantu Impano family nibo babaye aba kabiri, abambere babaye Srong Boyz. Urwibutso Rulindo babaye abakabiri. Abambere baba Impeta b’i Musanze.
Akanama nkemurampaka
Aba ni impano Family.
Strong Boyz
Itorero ryaturutse i Rulindo.
Selemani Nizeyimana.
TANGA IGITECYEREZO