Kugeza ubu nk’uko bigaragara imyiteguro y’itangizwa ry’ibirori irarimbanyije kuri AVEGA Rwamagana aho biri bubere.Bikaba biteganyijwe y’uko amatorero yo muri aka karere ariyo agiye kurushanwa mu mbyino ari nako ababyinnyi baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika bari buze gususurutsa abitabiriye iri serukiramuco
Amatorero yabukereye ari menshi
Amatorero yatangiye gususurutsa abatu
Amarushanwa barayiteguye bihagije
Akana nkemurampaka karimo Masamba Intore ndetse na Mariya Yohani
Abantu bakomeje kwinjira aho FESPAD ibera ari benshi
Amatorero abanje gutombola uko ari bukurikirane
Muri aya marushanwa harimo amatorero agera kuri atanu yaturutse mu turere dutandukanye tugize intara y'uburasirazuba bakaba bari kurushanirizwa ku manota 100
Robert N Musafiri
Photo:Selemani Nizeyimana
TANGA IGITECYEREZO