RFL
Kigali

Ku munsi wa 2 FESPAD ikomereje mu mujyi wa Rwamagana

Yanditswe na: munyaneza evariste
Taliki:25/02/2013 11:36
0




Kugeza ubu nk’uko bigaragara imyiteguro y’itangizwa ry’ibirori irarimbanyije kuri AVEGA Rwamagana aho biri bubere.Bikaba biteganyijwe y’uko amatorero yo muri aka karere ariyo agiye kurushanwa mu mbyino ari nako ababyinnyi baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika bari buze gususurutsa abitabiriye iri serukiramuco

FESPAD

Amatorero yabukereye ari menshi

FESPAD

Amatorero yatangiye gususurutsa abatu

FESPAD

Amarushanwa barayiteguye bihagije

akanama

Akana nkemurampaka karimo Masamba Intore ndetse na Mariya Yohani

abantu

Abantu bakomeje kwinjira aho FESPAD ibera ari benshi

Tombola

Amatorero abanje gutombola uko ari bukurikirane

Muri aya marushanwa harimo amatorero agera kuri atanu yaturutse mu turere dutandukanye tugize intara y'uburasirazuba bakaba bari kurushanirizwa ku manota 100

Robert N Musafiri

Photo:Selemani Nizeyimana






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND