Ibi, Miss Fiona yabitangaje binyuze ku rubuga rwa twitter aho yanditse abaza abakunzi be kuri uru rubuga impamvu nyamukuru yaba ituma kunywa inzoga bifatwa nk’ibitemewe ku banyarwandakazi cyangwa bigafatwa nk’ikintu kibi mu Rwanda.
Miss Fiona yanditse agira ati: “Kuki kunywa inzoga(beer,wine,liquor,vodka,gin,....) bigifatwa nk’ibitemewe cyangwa ikintu kibi ku mukobwa wo mu Rwanda. Nabazaga”
Ese wowe wemera ko kunywa inzoga ku banyarwandakazi bitemewe cyangwa bitabahesha gaciro nkuko Miss Fiona yabibajije?
Munyengabe Murungi Sabin.
TANGA IGITECYEREZO