RFL
Kigali

Byinshi kuri Lisa Sparks waciye agahigo ko kuryamana n'abagabo 919 mu masaha 12

Yanditswe na: Nadia Kangabe
Taliki:17/04/2024 7:53
0


Lisa Sparks amaze imyaka 20 yose ariwe mugore umwe rukumbi ku Isi waciye agahigo ko kuryamana n'abagabo benshi mu gihe gito, byanatumye yandikwa mu gitabo cy'abantu banditse amateka adasanzwe ku Isi cya 'Guiness World Records'.



Lisa Sparks usanzwe ari umukinnyi wa filime z'urukozasoni (Pornography) ni umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika waciye agahigo kadasanzwe ubwo yaryamanaga n'abagabo 919 mu masaha 12, ibintu bitari byarigeze bibaho mu mateka. 

Ibi byatumye uyu mugore w'imyaka 47 amenyekana ndetse yibazwaho byinshi ku bushobozi budasanzwe afite bwatumye abasha kuryamana n'abagabo benshi cyane ku munsi umwe ntagire icyo aba.

Hari ku itariki 16/10 muri 2004 ubwo Lisa Sparks uzwi nka 'Lisa Sparxx' ku mbuga zicuruza filime z'urukozasoni, yitabiraga amarushanwa yitwa 'Eroticon 2004 Convention' yahuzaga abakora imibonano mpuzabitsina babigize umwuga aho bahataniraga igikombe cy'umuntu uri bubashe kuryamana n'abantu benshi mu munsi umwe. Aya marushanwa yabereye mu mujyi wa Warsaw mu gihugu cya Poland.

Umukinnyi wa filime z'urukozasoni Lisa Sparks waciye agahigo kadasanzwe

Ikinyamakuru Los Angeles Times cyatangaje ko aya marushanwa Lisa Sparks yitabiriye yari abaye ku nshuro ya Gatatu aho yasize aciye agahigo kamugize umugore wa mbere ku Isi waryamanye n'abagabo benshi mu gihe gito. Muri aya marushanwa Lisa Sparks akaba yarayitabiriye maze yemeza benshi abasha kuryamana n'abagabo 919 mu masaha 12 gusa.

Lisa Sparks yaryamanye n'abagabo 912 mu masaha 12 gusa ku munsi umwe

Byibuze ngo Lisa Sparks yaryamanaga n'umugabo umwe mu gihe cy'amasegonda 52 nk'uko Guiness World Records yabitangaje, ndetse ngo Lisa ntiyigeze afata ikiyobyabwenge na kimwe cyamufasha kubasha kuryamana n'aba bagabo bose kuko mbere y'uko amarushanwa atangira bari babanje gupimwa.

Lisa Sparks wamaze amasaha 12 akora imibonano mpuzabitsina ataruhuka yarushije abandi bagore batatu bari bahaganye barimo uwigeze gutsinda iri rushanwa bwa mbere ubwo yaryamanaga n'abagabo 759 mu munsi umwe.

Kugeza ubu imyaka ibaye 20 ntawundi mugore urabasha gukora nkibyo Lisa Sparks yakoze

Ikinyamakuru The Sun cyatangaje ko kuva muri 2004 kugeza ubu mu 2024 ntawundi muntu uraca aka gahigo bivuze ko mu mateka Lisa Sparks ariwe mugore wa mbere ku Isi waryamanye n'abagabo benshi.

Uyu mugore kandi amateka y'ubuzima bwe ateganijwe gukinwaho filime iri gutunganywa na Netflix aho igamije kwerekana bimbitse Lisa Sparks uwo ariwe n'ibanga yakoresheje ngo abashe kuryamana n'abagabo 919 mu masaha 12 gusa ibintu bitangaje ndetse byatumye uyu mugore avugwaho gukoresha amarozi.

Ubusanzwe Lisa Sparks akunda gukina filime z'urukozasoni zimwerekana aryamana n'abagabo benshi ari umwe







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND