Tribert Rujugiro Ayabatwa wamamaye mu ishoramari rishingiye ku nganda n’ibindi yitabye Imana.
Rujugiro wabaye ikimenyabose kugera aho hari abifashisha
izina rye mu kuranga tumwe mu duce tugize Kigali kubera ibikorwa yahubatse
yitabye Imana.
Imyaka yaribaye 14 atagera mu Rwanda aho yavuye akajya
hanze ahunze bimwe mu birego yarakurikiranweho birimo gushyigikira
abashaka guhungabanya umudendezo w’u Rwanda no kunyereza imisoro.
Uyu mugabo akaba yari afite imyaka 82 kuko yabonye izuba
mu mwaka wa 1942.
TANGA IGITECYEREZO