RFL
Kigali

Tribert Rujugiro yitabye Imana ku myaka 82

Yanditswe na: Abitije Seraphin Elise
Taliki:17/04/2024 7:43
0


Tribert Rujugiro Ayabatwa wamamaye mu ishoramari rishingiye ku nganda n’ibindi yitabye Imana.



Rujugiro wabaye ikimenyabose kugera aho hari abifashisha izina rye mu kuranga tumwe mu duce tugize Kigali kubera ibikorwa yahubatse yitabye Imana.

Imyaka yaribaye 14 atagera mu Rwanda aho yavuye akajya hanze  ahunze bimwe mu birego yarakurikiranweho birimo gushyigikira abashaka guhungabanya umudendezo w’u Rwanda no kunyereza imisoro.

Uyu mugabo akaba yari afite imyaka 82 kuko yabonye izuba mu mwaka wa 1942.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND