RFL
Kigali

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y' UMUTUNGO UTIMUKANWA

Yanditswe na: ISHIMWE Walter
Taliki:5/12/2023 8:00
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyerecyezo cy' umwanditsi mukuru, cyo kugurisha ingwate cyo ku wa 14/11/2023, ORG(MORTGAGED PROPERTY) Ref No: 023-171227 kugira ngo hishurwe umwenda umukiriya abereyemo banki.



Uwashinzwe kugurisha ingwate Me: UWIMBABAZI Léa, aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara ku nshuro ya mbere binyuze mu buryo bw' ikoranabuhanga, umutungo utimukanwa ugizwe n'umutaka buteyeho ishyamba, Bufite UPI: 3/07/02/03/1433 buherereye mu mudugudu wa Ruhinamavi, Akagali ka Kagatamu, Umurenge wa Bushenge, Akarere ka Nyamasheke, Intara y' Uburengerazuba.

Uko cyamunara izakurikirana mu buryo bw' ikoranabuhanga

1. Cyamunara ku nshuro ya mbere mu buryo bw' ikoranabuhanga, izatangira ku itariki 15, irangire kuri 22 Ukuboza 2023 saa yine za mugotondo (10h00)

2. Cyamunara ku nshuro ya kabiri mu buryo bw' ikoranabuhanga, izatangira ku itariki ya 24 kugeza kuri 31 Ukuboza 2023 saa yine za mugotondo. (10h00)

3. Cyamunara ku nshuro ya gatatu mu buryo bw' ikoranabuhanga, izatangira ku itariki ya 2 kugeza ku itariki 9 Mutarama 2024 saa yine za mugotondo (10h00)

. Uwo mutungo utimukanwa ni ubutaka bufite ubuso bungana na 1001 SQM, ufite agaciro fatizo Kangana na 2.000.000 Frw.

.Ushaka gupiganwa atanga ibiciro binyuze mu buryo bw' ikoranabuhanga kuri www.cyamunara.gov.rw ari naho musanga ifoto y'uyu mutungo

. Uzatsindira umutungo, azishyura kuri konti ya UWIMBABAZI Lea No 01720870028 iri muri Bank of Africa.

. Gusura uwo mutungo bikorwa iminsi yose

. Abifuza ibindi bisobanuro babariza kuri ninero za telefone igendanwa zikurura 0788606663


Bikorewe I Kigali ku wa 4 Ukuboza 2023.


Uwashinzwe kugurisha ingwate Me: UWIMBABAZI Lea







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND