RFL
Kigali

Perezida Kagame yageze i Istanbul mu nama yiga ku bufatanye bwa Turikiya na Africa

Yanditswe na: Yvonne Mukundwa
Taliki:17/12/2021 22:27
0


Perezida Paul Kagame ari kubarizwa muri Turikiya mu nama y'iminsi ibiri yiga ku bufatanye bw’icyo gihugu na Afrika, ikaba iri kuba ku nshuro ya gatatu.



Biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatandatu ari bwo Perezida Recep Tayyip Erdoğan wa Turikiya ageza ijambo ku bitabiriye iyo nama iri kuba ku nshuro yayo ya gatatu. Ni inama izamara iminsi ibiri, ikaba yatangiye kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ukuboza 2021.

Perezida Kagame ari i Istanbul






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND