RFL
Kigali

Umuhanzikazi Zodwa yakoze agashya akuramo akenda k'imbere akajugunya mu bafana abasaba kumukorakora mu myanya y'ibanga-AMAFOTO

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:26/10/2021 15:21
0


Abahanzikazi bamwe na bamwe bakoresha iturufu yo kwambara ubusa mu mashusho y'indirimbo , mu bitaramo, n'amafoto mu gukurura abafana benshi, gusa umuhanzikazi wo muri Afurika y'Epfo , Zodwa Wabantu agaragara kenshi mu bafana mu twenda tugufi yewe rimwe na rimwe agakuramo n'akenda kimbere.



Uyu muhanzikazi uvugwa no mugukoresha ibiyobyabwenge cyane, igitaramo cye kiba gitangaje cyane, ubusanzwe afatwa nk’aho izina rye ryamamaye kuko atazi kuririmba ahumbo ni uko  yitwara  ku rubyiniro mu kwiyambura ubusa buri buri bityo abantu bagakunda gushungera aho ari bamukoraho , bamuseka akamamara atyo.


Mu minsi ishize, Zodwa WaBantu yongeye kujya mu gitaramo  maze yatsa umuriro, aho yakuyemo akenda k'imbere akakajugunya mu bafana , agasaba abasore n'abagabo bose bari aho kumukorakora bishimishe. Ibi ntabwo ari ubwa mbere Zodwa Wabantu abikoze kuko ni ibimaze kuba akamenyero kuri we , gusoma abafana , kubereka ubwambure.


Zodwa yakuyemo akenda k'imbere akajugunyira abafana


Yabwiye abantu bose kumukoraho aho bashaka 







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND