Ni mu itangazo Urwego rw’Itangazamakuru Ryigenga (Rwanda Media Commission) rwageneye abanyamakuru mu bihe u Rwanda n'Isi hatangiye ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
RMC iributsa kandi abanyamakuru n'Ibitangazamakuru ko bafite
inshingano zo gusigasira ukuri no kwamagana ingengabitekerezo ya Jenoside.
RMC ivuga ko muri iki gihe cyo Kwibuka, abanyamakuru bafite inshingano zidasanzwe zo gusigasira ukuri, kwamagana ingengabitekerezo ya Jenoside n'ibihabanye n'indangagaciro z'ubunyamwuga.
RMC irakangurira abanyamakuru n’ibitangazamakuru muri rusange kugira uruhare rufatika muri ibi bihe byo Kwibuka, bubahiriza ibi bikurikira:
TANGA IGITECYEREZO