Umuvugabutumwa w’umupasiteri yakozwe n’isoni ubwo bamugwaga gitumo aryamanye n’umugore wubatse bakora imibonano mpuzabitsina, akaba umwe mu bizera b’itorero rye.
Mu gace ka Uasin Gishu mu gihugu cya Kenya, inkuru
yabaye kimomo ivuga ko umubwirizabutumwa w'umupasiteri, yafashwe
asambana n’umwe mu bagore bayobotse Itorero rye.
Uyu mugabo uzwi ku izina Rev. Daniel Sang
Umuyobozi Mukuru w’Itorero riherereye i Kapsang, yaryamanye n’umugore w’abandi
nyuma aza gufatwa akora ibyangwa n’amaso y’Imana.
Uyu mugore uvukana n’umunyamakuru uzwi kuri radio
yitwa Kiss Fm uzwi nka Josua Arap Sang, nawe yakozwe n'isoni ubwo yasanganwaga n’uyu
mugabo ufite izina ry’ubushumba.
Aba bombi basanzwe mu buriri bw’uytu mupasiteri
asanzwe araranamo n’umugore we bashyingiranwe.
Abantu benshi bazamuye ibirego n’amakuru ya kera bavuga
ko uyu muvugabutumwa asanzwe aryamana n'abagore abereye umushumba, akabikora yitwaje izina afite. Amakuru avuga ko bamwe mu bagore batishoboye aryamana nabo mbere yo
kubafasha.
Source: Kenyan Post
TANGA IGITECYEREZO