RFL
Kigali

WeDTC yashyize igorora abifuza kongera ubumenyi mu gukora ubucuruzi bukoreshejwe ikoranabuhanga

Yanditswe na: Dushime Nina Cynthia
Taliki:27/01/2023 10:32
0




Ikigo WeDTC kibafitiye akazi, imenyerezamwuga ryishyura na Scholarship ku bakigana bashaka gukurikirana amahugurwa, mu bijyanye na Digital Marketing (Ubucuruzi bukoreshejwe ikoranabuhanga) na Web and Software development (Kubaka urubuga). 

Amasomo WeDTC ibafitiye

- Digital marketing (Amasomo 45)

- Web and Software development (Amasomo 17)

Benefits 

- Kongera ubumenyi no kuba wahabwa akazi 

- Kongera ubumenyi no guhabwa imenyerezamwuga ry'amezi atandatu

- Kongera ubumenyi no kuba watangiza ikigo cyawe gicuruza cyangwa gitanga serivisi hakoreshejwe ikoranabuhanga

- Scholarship

Impamvu yo kwiyandikisha uyu munsi 

Imyanya y'akazi n'imenyerezamwuga ryishyura iraruta umubare w’abiyandikishije bazahugurwa. 

                        

Aho wadusanga: ku kicaro cya WeDTC ku muhanda KN 70 ST, mu nyubako ya gatatu ya Florida House iherereye mu Karere ka Nyarugenge, mu mujyi wa Kigali mu Rwanda.

Mu masaha make asigaye, ushobora kwiyandikisha unyuze kuri https://wedtc.rw/

Ku bisobanuro birambuye wadusura aho dukorera : Inyubako ya gatatu, muri Florida House

Cyangwa ukaduhamagara/ utwandikira kuri Whatsapp, kuri nimero zikurikira : +25091944430, +25091944431

WeDTC ifite ibyumba bihagije byo gutangirwamo amahugurwa, ndetse by’akarusho bafite ibikoresho biri ku rwego rwo hejuru, bifasha mu gutanga aya masomo birimo ibitabo (Syllabus) n'itsinda ry'abarimu bafite uburambe, baturutse mu bigo bizwi mu bijyanye n'ubucuruzi bukorewe kuri murandasi. 

Byongeyeho WeDTC ifite ikigo cyitwa DASIA (Digital Agency Solution in Africa) gitanga serivise z’ikoranabuhanga zirimo Digital marketing (Ubucuruzi bukorewe kuri murandasi) na Web and software development (Kubaka urubuga) n'ibindi. Aha niho umwe mubahuguwe bacu azahabwa akazi cyangwa amezi atandatu y'imenyerezamwuga ryishyura.  

                 

Impamvu yo kwigira amasomo ya digital muri WeDTC

-Abantu/ abakiriya bamara umwanya munini bakorera kuri murandasi, bivuze ko ko ubucuruzi bugomba gukorerwamo kuri murandasi. 

- Kwamamaza hakoreshejwe ikoranabuhanga birahendutse, kandi bitanga umusaruro mwinshi kuruta ibya gakondo

- Amasomo ari ku rwego rwo hejuru kandi yujuje ubuziranenge ku bijyanye no gukoresha ikoranabuhanga. 

- Abakozi bafite uburambe mu kwamamaza ukoresheje ikoranabuhanga  

- Harasabwa abakozi benshi bazi ibijyanye n'ikoranabuhanga kurusha abatangwa 

-Bamwe mu bagitangira, uba usanga batabifitemo uburambe abandi bafite ubumenyi budahagije, ku buryo bahabwa akazi kuzuye. WeDTC itanga amahugurwa kuri abo bantu, abafasha kugera ku rwego rwo guhabwa akazi cyangwa amezi atandatu y'imenyerezamwuga ryishyura. 

Mu gutangiza ku mugaragaro kwiyandikisha kubashaka gukurikirana aya mahugurwa mu mujyi wa Kigali, Rwanda na WeDTC izatangira kwandika 

Ni karibu ku biro byacu biherereye ku muhanda KN 70 ST, mu nyubako ya gatatu muri Florida House, iherereye Nyarugenge-Kigali- Rwanda.

Duhamagare, cyangwa utwandikire kuri Email yacu: team@wedtc.rw

Tel: +25091944430 

     +25091944431

Imbuga nkoranyambaga: Wedtc Rwanda








TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND