RFL
Kigali

Yiteye inshinge z'amavuta yo kurya mu isura agira ngo bamubage

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:17/05/2013 13:40
0




Mioku ubu ufite imyaka igera kuri 50 y’amavuko yatangiye kwibagisha ubwo yari afite imyaka 28 ariko noneho ubu ari mu bibazo bikomeye kuko abaganga bamubereye ibamba ko badashobora kongera kumubaga kuko babonaga bigenda birushaho kuba kurusha uko we abitekereza.

Hang Mioku mbere na nyuma yo kwitera inshinge z'amavuta yo kurya

Akimara kumva ibyo rero ntiyanyuzwe ahubwo yahisemo kwitera inshinge z’amavuta yo kurya mu maso none ubu isura ye yabyimbye kuburyo  buteye ubwoba bushobora no kumuviramo gupfa.

Denyse Iranzi






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND