RFL
Kigali

Umunyamideli Miranda Kerr umuyaga wamukojeje isoni werekana amabereye ye

Yanditswe na: kundabose jean david
Taliki:22/05/2013 9:04
0




Nk置ko byatangajwe na dailymail, uyu munyamideli w段myaka 30 yari azwi cyane nk置mwe mu banyamideli bakorana n置mugore wa David Beckham muri uyu mwuga. Afite akamenyero ko kwambara utwenda duto akenshi ugasanga yirinze kwambara utwenda tw段mbere, ikariso cyangwa isutiye(akenda gahisha amabere)

Ku munsi w弾jo ibyamubayeho ni agahomamunwa dore ko ubwo bari mu gikorwa cyo gufata amashhusho yo kwamamaza bimwe mu bicuruzwa bya Kora Organics umuyaga wo ku nkombe za Miami Beach wamwambuye ikanzu uturutse ku gice cya ruguru ikanzu ivaho maze amabere ajya hanze yose uko yakabaye.

kerr

Ni gutya uyu munyamideli yari yambaye

Ibi bimaze kumubaho, Miranda yagerageje kwihagararaho ngo yongere ahishe amabere ye gusa byabaye iby置busa kuko abantu bari aho bose bayabonye na we bikamutera isoni bikomeye.

kerr

Umuyaga wamwambuye igice cyo hejuru atangira guseka 

kerr

Byarangiye bigenze gutya. Nyuma uyu mugore yagize ikimwaro gikomeye

Umwe mu bamufashaga muri iki gikorwa na we yagerageje kumwegera ngo amufashe kongera kwambara iyi kanzu ariko amazi yari yamaze kurenga inkombe kuko abantu bose aya mabere bayabonye.

Munyengabe Murungi Sabin.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND