RFL
Kigali

Mary Okoye uva inda imwe n'abasore bagize P-Square yakoze ubukwe bw'igitangaza n'umukinnyi wa filime

Yanditswe na: Editor
Taliki:7/08/2014 9:58
1


Kuri uyu wa gatatu tariki 6 Kanama 2014, mushiki wa Peter na Paul bagize itsinda ry’ibyamamare muri muzika rizwi nka P-Square, yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukinnyi wa filime mu gihugu cy’iwabo cya Nigeria, ubukwe n’aba bahanzi nabo bagaragayemo bamugaragiye.



Uyu mukobwa witwa Mary Okoye, ubu umuryango we ugizwe n’abantu b’ibyamamare gusa, harimo basaza be babiri Peter Okoye na Paul Okoye bagize P-Square ndetse na musaza we mukuru Jude Okoye wamenyekanye cyane nk’umujyanama wa barumuna be bo muri P-Square, hakiyongeraho na Emma Emordi nawe w’icyamamare muri Sinema ya Nigeria.

Ubu bukwe bwitabiriwe n'ibyamamare byinshi muri Nigeria

Ubu bukwe bwitabiriwe n'ibyamamare byinshi muri Nigeria

okoye

Ubu bukwe bwa Mary Okoye na Emma Emordi bwabereye ahitwa Asaba muri Delta, bukaba bwaratwaye akayabo k’amafaranga menshi nk’uko byemezwa na bamwe mu nshuti z’uyu muryango.

Manirakiza Théogène






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 9 years ago
    ni byia pe!arko umukobwa arashaje





Inyarwanda BACKGROUND