Iki gihuha cyatangiye gukwirakwizwa nyuma y’aho akinnye filime igakundwa cyane maze se agatangaza ko kuva abonye mahirwe yo kugaragara muri iyo filime ibyo byamuhesha umutungo mwinshi ndetse akaba yagura inzu ye bwite.
Mu kiganiro “Ellen DeGeneres Show” ejo nibwo yatangaje ko nta gahunda afite yo kuva mumuryango we.
Ati: “Icyo mugomba kumenya neza ni uko ntaho nteze kujya. Gusa icyo abantu batumva ni ukuntu ibintu byose muri iyi nzu mbibonera ubuntu.”
“ Mbona icyo nkeneye cyose mu nzu ya data. Niyo mpamvu nzahaguma mu myaka 20, 30 n’indi myinshi”,Jaden Smith
Iranzi Dényse
TANGA IGITECYEREZO