RFL
Kigali

Ijisho ryanjye ry'ibumoso ntiribona neza rigiye guhuma-Johnny Deep

Yanditswe na: kundabose jean david
Taliki:20/06/2013 8:40
0




Uyu mugabo ukina filime udakunze kugaragara atambaye amadarubindi ye, yatangaje ko abona gusa ibintu biri kuri sentimetero 2,5 iyo akinnye muri filime biri bube ngombwa ko atambara amadarubindi. Ati, “Ibintu byose biba ari ibirorirori(flou), sinigeze mbona neza”

Ijisho rye ry'ibumoso rigiye guhuma


Ibi akaba yabitangaje ubwo yasobanuraga iby’itandukana rye na Vanessa Paradis aho yasobanuye ko babikoze ku nyungu z’abana babo. Ati, “Ni ibihe bidashimishije, gusa twabikoreye abana. Kubana n’ibintu bitoroshye noneho byagera ku kazi dukora umuntu ntaba ahari birakomeye cyane. Ntibyari binyoroheye,  nawe ntibyamworoheye ndetse n’abana ntibyaboroheye.”

Source:The Sun

Denise IRANZI






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND