RFL
Kigali

Beyonce ntashaka kuzajya mu bukwe ba Kanye West na Kim Kardashian

Yanditswe na: Editor
Taliki:18/03/2014 8:10
1


Beyonce numugore wa Jay Z go ntiyishimiye na gato igiterezo cyo kwerekeza i Paris mu kwezi kwa Gicurasi kwitabira ubukwe bwa Kanye West na Kim Kardashian.



Nk’uko ikinyamakuru Radar Online  kibitangaza Beyonce azajya muri ubu bukwe aseta ibirenge kubera ko atishimiye kuzaba mu bagomba kwerekanwa muri ubwo bukwe nk’uko byatabgajwe ko buzerekanwa mu kiganiro gica kuri televiziyo kizwi ku izina rya “Keeping up with the Kardashian” gitegurwa n’umuryango wa Kim.

Iyi miryango yombi ifitanye ubucuti bukomeye ariko ku munsi w'ubukwe bwa Kanye West na Kim Kardashian, Jay Z n'umugore we bashobora kutazabugaragaramo.

Umwe mu nshuti za hafi za Kim Kardashian aganira n’iki kinyamakuru yagize ati “Ubusanze Beyonce ni umugore ufite intego agenderaho zirimo imwe ivuga ko “Ukora bike ari we ukora byiza cyagwa se mu yandi magambi we akora bike byiza”  mu gihe Kim we ku ri we ari ikinyuranyo gikomeye.”Beyonce rero akaba asaba ko nubwo yazahagera atifuza na gato kuzagaragara mu mashusho y’ubu bukwe. “

Jay Z na Kanye West

Ibi Beyonce abitangaje nyuma y’iminsi mike cyane, umugabo we Jay-Z atangaje ko na we atangaje ko atazaba umuhamya w’ubukwe bwa Kanye West kubera iyi mpamvu. Gusa ubucuti bw’aba bombi bukaba bukoeje kuba nk’umugozi ubakururira kujyayo dore ko bameze nk’abavandiwe.

Umwe mu baganiriye na Radar on line yagize ati “Impamvu yonyine izatuma Beyonce ajyayo nuko Kanye ari inshuti ikomeye ya Jay-Z ndetse kuri we akaba abafata nk’abavandimwe.” Ibi bikaba bituma basa n’abahatirwa kujyayo n’ubwo batabyishimiye.

Denise IRANZI






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Zoe10 years ago
    They hate each other muchh,it's known





Inyarwanda BACKGROUND