Ku bufatanye n’abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye bikorera mu Rwanda, INYARWANDA izajya igeza ku bakunzi b’umupira w’amaguru na siporo muri rusange, ibishobora kuva mu minota 90’ y’umukino kugira ngo bifashe abatega (Betting) kuba babona aho bahera bahitamo.
Amakipe aba banyamakuru bazajya batanga ntibiba bivuze ari ihame ko ibyo bavuze biba ijana ku ijana (100%) ahubwo baba bagerageje kureba mu bushishozi bwabo bafite bakareba igishobora kuba bityo nk’umukunzi wa ruhago nawe akanyuzamo amaso n’ubushishozi nawe akareba igikwiye.
I.Muramira Regis: (Esheshatu zibanza zose zigomba gutsinda)
1.AS Monaco
2.Manchester United
3.Manchester City
4.Liverpool
5.Shefield Wednesday
6.Chelsea (Kwinjizanya)
Muramira Regis
II. Kalisa Bruno Taifa (Zose zigomba gutsinda)
1.Urawa Red Diamonds
2.Kashima Reysol
3.Sigma Olomouc
4.FC Basel
KALISA Bruno Taifa umunyamakuru w'imikino abenshi bazi ku izina rya Mutalamu
III. Nizeyimana Seleman (zose zigomba gutsinda)
1.FC Seville
2.Bayern Munchen
3.Juventus
4.Rayon Sports
5.Strasbourg
Nizeyimana Seleman
TANGA IGITECYEREZO