RFL
Kigali

Abakinnyi 9 batemerewe gukina umunsi wa 10 wa shampiyona

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:22/12/2017 15:11
0


Umunsi wa 10 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda urakomeza kuri uyu wa Gatanu ubwo Police FC iraba yakira Sunrise FC ku kibuga cya Kicukiro. Police FC iraba idafite Habimana Hussein mu gihe Sunrise FC idafite Niyonshuti Gad wahawe umutuku bakina na Kirehe FC.



Muri aba bakinnyi icyenda batagomba gukina umunsi wa cumi (10) harimo babiri ba Fc Amagaju, Rayon Sports ifitemo Manishimwe Djabel wahawe umutuku imbumbe bakina na Etincelles FC.

Dore abakinnyi batemerewe gukina umunsi wa 10:

1. Habimana Hussein (Police Fc)

2. Niyonshuti Gad (Sunrise Fc)

3. Masudi Abdallah (Kirehe Fc)

4. Hakizimana Alimasi (Gicumbi Fc)

5. Turatsinze Heritier (Bugesera Fc)

6. Nsengiyumva Ilshade (Etincelles Fc)

7. Manishimwe Djabel (Rayon Sports Fc)

8. Ndizeye Innocent (Amagaju Fc)

9. Twagirimana Pacifique (Amagaju Fc)

Manishimwe Djabel

Manishimwe Djabel umwe mu babonye umutuku ku munsi wa cyenda (9)






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND