Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri nibwo hatangajwe ku mugaragaro amazina y’umugabo muwiza, w’igikundiro, w’uburanga kurusha abandi bose ku isi muri uyu mwaka w’2014.
Nyuma y’uko byari bitegerejwe na benshi ,ikinyamakuru mpuzamahanga gisanzwe kimenyereweho gutegura aya marushanwa, cyatangaje ko umukinnyi wa Filime witwa Chris Hemsworth ukomoka mu gihugu cya Australia ariwe uhawe ikamaba ryo kuba umugabo uhiga abandi ku isi muri uyu mwaka w’2014.
Chris Hemsworth niwe mugabo w'igikundiro kurusha abandi ku isi mu 2014
Chris Hemsworth wo mu gihugu cya Australia
Chris Hemsworth
Chris Hemsworth muri filime The Dark world
Chris Hemsworth afite umubiri wubakitse
Chris Hemsworth
Chris Hemsworth ni umunya Australia w'imyaka 31 akaba yaramenyekanye cyane muri filime zitandukanye nka The Dark world,The Avengers,Star Trek,Red Dawn,Rush, ndetse n'izindi nyinshi.
Ese wowe uremeranya n'ikinyamakuru Time Magazine ko uyu mugabo ariwe ufite uburanga n'igikundiro kurusha abandi ku isi?
Robert N Musafiri
TANGA IGITECYEREZO