RFL
Kigali

BIRATANGAJE: Umusore witeguraga kurushinga yafotowe arimo asambanira n’inkumi mu ndege

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:13/06/2017 14:16
2


Mu buryo budasanzwe umusore witwa Shaun Edmondson w’imyaka 31 y’amavuko yafotowe arimo asambana n’umukobwa(amazina ye ntiyamenyekanye) ubwo bari mu ndege ya kompanyi ya Ryanair yavaga mu mujyi wa Manchester mu Bwongereza yerekeza ku kirwa cya Ibiza.



Igitangaje ni uko uyu musore n’iyi nkumi, iyi yari yo nshuro ya mbere bari bahuye, ndetse by’umwihariko uyu musore akaba yiteguraga kurushinga n’umukunzi we kuri ubu umutwitiye inda y’amezi atandatu.

Shaun Edmondson, was on a stag do while his pregnant bride-to-be Jenna Ross (left), waited at home

Shaun Edmondson wakoze aya mahano, hamwe na Jenna Ross bateganyaga kurushinga

Aya mahano yabaye kuwa Gatanu w’icyumweru gishize, aho amashusho yafashwe n’umwe mu bagenzi bari begeranye n’aba bombi agaragaza uyu mukobwa uburyo yatangiye abaza abagenzi niba ntawaba afite agakingirizo(condom) ariko bagirango bari mu rwenya.

Nyuma y’akanya gato nibwo batangiye kubona ibyo bakekaga ko ari imikino bitangiye kuba ibintu bikomeye, uyu mukobwa yicara ku muhungu barebana maze batangira kwikorera ibyabo.

AMAHANO

Aba bombi batangiye bisa nk'imikino birangira bakoreye ubusambanyi ku karubanda

Nkuko The Sun yabitangaje uyu musore ngo asanzwe azwiho gukundwa bikabije n’igitsinagore, ndetse nkuko byemejwe n’umwe mu nshuti ye ngo uyu mukobwa basambaniye mu ndege nibwo bari bakimenyana.

Umwe mu bagenzi witwa Kieran Williams w’imyaka 21 y’amavuko wabonye uburyo ibi byatangiye yagize ati “ Nabumvise bari kubivuganaho ariko nkeka ko ari urwenya, umusore yasakuje abaza nib anta muntu ufite agakingirizo. Twese twasetse ariko nyuma y’iminota 10 gusa mu by’ukuri bahise babikora. Bari bameze nk’abanyweye cyane…washoboraga kubona umukobwa amanura ipantaro ye agahita yitendeka ku musore. Nanjye nagombaga guhita mfungura telefone yanjye(agafata amashusho). Ntabwo nari narigeze mbona ibintu nk’ibyo.”

AMAHANO

Bamwe mu bagenzi byarabasekeje, abandi barumirwa

Muri ako kanya umwe mu bagenzi b’igitsinagore wari wicaye iruhande rwabo, yagaragaje ko ibirimo biba bimubangamiye asaba kwimurwa, ariko bavunira ibiti mu matwi kugeza ubwo uyu yaje kubona bkomeye arimuka ashaka undi mwanya imbere.

Mr Williams ni undi mugenzi nawe wari muri iyi ndege, nawe yavuze ko ibyo babonye ari ibintu bidasanzwe ndetse byari bisekeje.

Unsurprisingly a female passenger who was sitting next to the couple asked to be moved, but Mr Williams said that the crew did nothing to stop the pair or even reprimand them

Byari ubusazi 

Umuvugizi w’iyi kompanyi y’indege ya Ryanair nawe yahise avuga ko ibyabaye bigayitse ndetse batazihanganira amabi nk’aya ko yasubira gukorerwa muri kompanyi yabo.

Edmondson, a sous chef, is known as a 'ladies' man' despite being engaged to fiancée Jenna Ross, 25 (pictured)

Shaun Edmondson hamwe n'umukunzi we(yaciye inyuma) ubwo yari amusize mu rugo yigiriye mu kirori kuri Ibiza

Src: Dailymail






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • theoneste irankunda nzabonankira6 years ago
    biteye agahinda gusa surukundo ahuko nuburwayi imana ibabarire
  • TURIKUMWE MATHIAS6 years ago
    HHHHHH AHO UMUGABO ATEREWE NIHO YITABARIRA





Inyarwanda BACKGROUND