RFL
Kigali

BIRATANGAJE: Ku myaka 11 y’amavuko umwana w'umukobwa yiteguye kwibaruka imfura ye

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:22/03/2017 7:46
1


Ku myaka 11 y’amavuko umukobwa ukomoka mu Bwongereza aratwite ndetse yiteguye kwibaruka imfura ye. Naramuka abigezeho uyu mwana w’umukobwa azaba abaye umwongerezakazi wa mbere ubyaye akiri muto cyane kuko uwari usanzwe afite ako gahigo yabyaye mu 2014 afite imyaka 12.



Uyu mukobwa utatangajwe amazina ye nkuko The Mirror yabitangaje ngo police yatangiye iperereza ndetse uwamuteye inda ashobora kuba amurusha imyaka mike cyane.

Ntibyatangajwe niba uyu mwana yifuzwaga cyangwa yaratwiswe mu buryo butateguwe, ndetse uko inda ingana nabyo ntibyashyizwe ahabona.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Leyman7 years ago
    Yewe ntabwo bizoroha pe!





Inyarwanda BACKGROUND