RFL
Kigali

AFURIKA Y’EPFO: Hagiye kuba isiganwa ry'amagare rizitabirwa n'abambaye ubusa-AMAFOTO&VIDEO

Yanditswe na: Mutiganda wa Nkunda
Taliki:3/03/2015 11:41
17


“World Naked Bike Ride” ni isiganwa ry’amagare mpuzamahanga ribera mu mijyi igera kuri 50 hirya no hino ku isi, aho muri uyu mwaka rigiye kubimburirwa n'umujyi wa Cape Town mu gihugu cya Afurika ‘epfo, aho abantu baryitabira baba bambaye ubusa.



Iri siganwa riteganyijwe kuba mu mpera z’iki cyumweru riba rigamije gukangurira abantu kwita ku bidukikije, aho ari nayo mpamvu nyamukuru yo kwambara ubusa mu gushaka kwerekana ko umubiri wa muntu wihagije udakeneye ibindi bintu, noneho bituruka ku ihumanywa ry’ibidukikije nk’inganda zohereza imyuka ihumanya ikirere zikorerwamo imyambaro, ndetse n’imodoka zijyamo amavuta yangiza ibidukikije rikaba riba kuva mu mwaka wa 2004.

Mu mujyi wa Cape Town , benshi bari bitabiriye iri siganwa

Abamugaye nabo ntibatinya kujya muri aya masiganwa

Aha ni umwaka ushize mu gihugu cya Peru

 

Mu gihugu cya Mexique naho ntibatangwa muri aya masiganwa


Mu mujyi wa Londres naho ntibatanzwe mu masiganwa

Muri uyu mwaka, iri siganwa rifite ubutumwa bwo kwereka isi ko igare aricyo kinyabiziga cyujuje ibyangombwa birengera ibidukikije, aha abazitabira iri siganwa bakaba aribo bahitamo niba bashaka gusiganwa bambaye cyangwa batambaye.

REBA VIDEO Y'UKO UMWAKA USHIZE BYARI BYIFASHE






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • jaliah mupenzi9 years ago
    hhhh ariko isi igeze kumusozo basi
  • makanika9 years ago
    yeeewe insi iraragiye pee nukuri igihe kirageze go iragire tibikagere murwanda
  • makanika9 years ago
    yeeewe insi iraragiye pee nukuri igihe kirageze go iragire tibikagere murwanda
  • puuu9 years ago
    akabi kasekwa nkakeza koko hhahahahahshshhsshshshwiwii
  • murera9 years ago
    Ikiza cyabwo hajyayo abazungu gusa. Nabonye abirabura bambaya ubusa bagaragara nabi.
  • hello 9 years ago
    Hahahahah seriously ?
  • 9 years ago
    Hahahahahahaaaaaa Ingegera ziragwira!
  • aline9 years ago
    Isi irarangi!? Izarangirira ikigali gusa ariko!?
  • 9 years ago
    kugenda bitera kubona mwabantu mwe! naho ntuye ryarabaye mbona umugabo wanjye afashe iyambere,uretseko namubwiyeko naramuka agiye buriburi duhita dutandukana agapfa gutwikiraho akantu,naho ubundi bazungu bapfuye bahagaze.
  • vyoroha abramovic Rénovat9 years ago
    ni danger mbega akaga!bashaka kwidagadura ni babikore ukundi batarinze guhena.
  • bikos9 years ago
    hahahhaa mucunge neza , si ikibazo cy'ibidukikije baagiriye impuhwe, twakwibaza ngo ese iyo barangije ayo masiganwa bajya he? hakorerwa iki? ntabwo mbaciriye urubanza ariko nkumuntu ngomba kureba kumpande zombi. Mucunge buri gikorwa kiba kw'isi kiba gifite umwuka mwiza cyangwa mubi ukiri inyuma. Ni ahacu ho guhitamo ibyo dushaka bo barangiritse!!! Murakoze
  • 9 years ago
    Nice, mbega!!! nanjye nzaba ndiyo
  • ndinde9 years ago
    Mbabajwe nuriya mwana mbonye ise ahetse ku igare yambaye umusa.
  • muah9 years ago
    hahaaaaa,mbashije kumirwa pe,abazi gusenga nibakaze ,ibyo tubyamaganiye kure,I wacu ,n
  • uzakirakarubu9 years ago
    mbabazwa n,umuntu werekana aya mafoto. naho bariya bo ni mubareke ni culture yabo gusa ntizagera mu rwa gasabo
  • uzakirakarubu9 years ago
    mwagiye mureka kunyonga igitekerezo cy,umuntu.
  • uzakirakarubu9 years ago
    mwagiye mureka kunyonga igitekerezo cy,umuntu.





Inyarwanda BACKGROUND