RFL
Kigali

"Umuziki umporamo, wamfashe bugwate, ni umuti w'umutima" Young Boy na Baby Style mu ndirimbo 'Umuziki'-YUMVE

Yanditswe na: Editor
Taliki:4/01/2018 19:27
0


Young Boy yahuje imbaraga na Baby Style abereye Se wabo, bakorana indirimbo bise 'Umuziki'. Muri iyi ndirimbo yabo nshya bavuga ko bafashwe bugwate n'umuziki, bakaba bazawukora iteka ryose na cyane ko ngo nta kintu na kimwe gishobora kuwubakuramo.



Young Boy w'imyaka 17 y'amavuko na Baby Style w'imyaka 10 y'amavuko bumvikana muri iyi ndirimbo 'Umuziki' baririmba aya magambo: "Umuziki umporamo kandi njye nywuhoramo kandi nta n'icyawunkuramo, umuziki wamfashe bugwate. Umuziki si umuti gusa ahubwo ni ubuzima, nawubuze mba meze nk'uri mu mwijima. Umuziki untemba mu mitsi, naje gusanga ari umuti w'umutima. Mureke nibyinire ni cyo gihe"

UMVA HANO 'UMUZIKI' YA YOUNG BOY NA BABY STYLE







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND