RFL
Kigali

Urban Boys bakoreye igitaramo i Nyamirambo –AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:7/07/2018 16:31
2


Itsinda rya Urban Boys ni itsinda rimaze igihe rivugwa cyane mu myidagaduro ya hano mu Rwanda. Mu minsi ishize batandukanye itsinda ryahoze ari itya batatu bagasigara ari babiri ntabwio bigeze bacika intege kuko kuri ubu ibikorwa bya muzika birakomeje, mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Nyakanga 2018 bakoreye igitaramo i Nyamirambo.



Iki gitaramo cya Urban Boys cyitabiriwe nabari basohokeye mu kabyiniro kazwi nka Mexico Club aha aba bahanzi bongeye kwerekana ko ari itsinda rikomeye mu yo u Rwanda rufite, imwe mu ndirimbo z’iri tsinda zarifashije gushimisha abafana ni indirimbo yabo igezweho yitwa ‘Ntakibazo’ iyi ikaba ari indirimbo bahuriyemo n'abahanzi nka Riderman na Bruce Melody.

Mu minsi ishize iri tsinda ryafashe amashusho y’indirimbo 'Kigali Love' iyi ikaba ari indirimbo bari barakoze ariko batarayifatira amashusho. Amashusho y’iyi ndirimbo yafashwe na Sacha Vybz ukomoka muri Uganda.

Urban BoysUrban BoysUrban BoysUrban BoysUrban BoysUrban BoysUrban Boys yataramiye i Nyamirambo

UMVA HANO INDIRIMBO 'NTA KIBAZO' YA URBAN, RIDERMAN NA BRUCE MELODY






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • koko5 years ago
    mn reka rwose safi atandukane nabo aba jama baracyakora ibitaramo bya nyabugogo mu tubari twafeke ntacyerecyezo bari bafite
  • MAZINA Felicien5 years ago
    hahah, ibaze ariko ku izininary"Imana! Ubu se iki ni igitaramo koko? ngaho ngo Urban Boyz barwanye, ngo bashwanye n'uwateguye igitaramo, none mugeze aho mukora igitaramo muri izi ndagaswi, kandi ku buntu? Puuuu Reka Safi yigendere yari afite ukuri kabisa





Inyarwanda BACKGROUND