RFL
Kigali

Sheebah wari wambaye impenure yabyiniye bikomeye abitabiriye igitaramo yakoreye i Kigali- AMAFOTO+VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:24/09/2017 10:37
3


Shebah Karungi ni umwe mu bahanzi bari batumiwe mu gitaramo cya RunTown Experience cyabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Nzeli 2017 i Remera muri Parikingi ya Sitade Amahoro. Uyu muhanzikazi wari wiyambariye impenure yabyiniye bikomeye abitabiriye iki gitaramo.



Muri iki gitaramo, uyu muhanzikazi ntiyigeze akunda kumvikana aririmba cyane ahubwo byagaragaraga ko ashaka gushimisha abakunzi be abinyujije mu kubyina bikomeye ndetse n’imyambarire yari yajyanye ku rubyiniro.

REBA AMAFOTO NA VIDEO

Imyambarire ya sheebah muri iki gitaramo

REBA AMASHUSHO Y'UKUNTU SHEEBAH NUMUBYINNYI WE BABYINAGA BITANGAJE

REBA UKO SHEEBAH YITWAYE MURI IKI GITARAMO






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • abayo joel6 years ago
    iyi niyo si y'ubu turimo gusa ntibisanzwe
  • 6 years ago
    Nyamara ministeri ifite imyidagaduro ishatse yaturinda amadiyimoni ari hanza aha
  • carine6 years ago
    yego iterambere ni ryiza cyane ariko hari ubwo biba bikabije binateye isoni,uwo mukobwa cg yaraziko aje kumansura!ndumiwe pe,,ababishinzwe babifatire ingamba,dukunda kwidagadura ariko ntakutuzanira abameze nkaho bambaye ubusa,bikora kuriya imbere y'urubyiruko byacu!!mubyigeho!





Inyarwanda BACKGROUND