RFL
Kigali

Niba uhahira muri Simba supermarket ushobora gutombora ibintu by'agaciro bitandukanye muri iyi minsi mikuru.

Yanditswe na: slim dallas
Taliki:20/12/2012 14:36
0


Simba Super Market ikomeje kudabagiza abayigana muri izi mpera z'umwaka wa 2012 dore ko yagabanyije ibiciro kubicuruzwa byayo ikaba yanashyizeho uburyo bwo gutombora kumuntu wese ugize ikintu ahagura.



Simba supermarket iherereye mumujyi wa Kigali mu nyubako ya Centenary House hamwe no muri Pension Plaza .Iyi ikaba ari imwe muri supermarkets zikomeye mu Rwanda aho  haba harimo  ibintu byose ushobora gukenera mubuzima bwa buri munsi kandi kugiciro utasanga ahandi.

Mu rwego rwo kwifuriza umwaka mushya  wa 2013 abayigana , ubu  noneho Simba supermarket yashyizeho gahunda yo kugabanya ibiciro ndetse hakaba hanateguwe  gahunda yo gutombora  kumuntu ugura ibicuruzwa byaho.

Mubizatomborwa harimo ama Flat Screen,Tablet,ibikoresho bitandukanye bicurizwamo n’ibindi.

Twababwira ko iyi promosiyo yatangiye ndetse ikaba izarangira mu ntangiriro z’umwaka utaha.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND