Iyi nzu iherereye i Kabuga mu mujyi wa Kigali ariko Mukamugema w’imyaka 57 yari atuye mu karere ka Musanze aho yabanaga n’umugabo we Safari Nziza uherutse gukora impanuka ikamumugaza.
Airtel Rwanda ubwayo yamusanze iwe i Musanze maze imuzana i Kigali we n’umuryango ije kumushyikiriza igihembo yegukanye. Afite abana umunani ndetse n'abuzukuru umunani.
Foto/Umuseke.com
TANGA IGITECYEREZO