Nyuma yo gushyira ahagaragara poromosiyo kuri telefone nshya Itel 1507 igezweho, abacuruza izi telefone barakangurira abantu kwihutira kuzigura igiciro kikiri hasi dore ko igihe cy’ubwasisi kigiye kurangira nkuko bitangazwa ngo ubu bwasisi bwari bwashyiriweho abantu muri iki gihe cyo kwibohora, banibohora mu ikoranabuhanga.
Izi telefone ngendanwa zahananuriwe ibiciro na sosieye icuruza izicuruza (itel )yashyizeho impano na poromotiyo yageneye abanyarwanda muri iki gihe cy’ukwezi ko kwibohora ikazarangira n’ukwezi Nyakanga 2016.
Izi telephone ziri mu bwoko bw’izigezweho muri iyi minsi bakunze kwita smart phone, ubundi zitari zikunze kwigonderwa na buri wese, nyuma yo kubona iki kibazo ko abanyarwanda bakeneye gukomeza kujyana n’iterambere bagahura n’ingorane z’ibiciro, Itel yabikemuje kuzana iyi telefone ya Itel 1507 iri ku giciro cyiza kandi igakora ibyo umuntu aba ayikeneyeho byose.
Ku bihumbi 50000frw ushobora gutunga iyi telefone igezweho muri iyi minsi
Iyi telephone igezweho, ibiciro byahanantuwe bidasubirwaho ikaba iri kugurwa ibihumbi mirongo itanu( 50000) y’u Rwanda gusa.Uyiguze wese ahabwa amezi 13 ya (Guarantee). Iyi telephone ikaba ibika umuririo ku rwego rwiza , internet yihuta ikanagira camera imbere n’inyuma itanga amafoto adasanzwe mu gucya.
TANGA IGITECYEREZO