Mugiraneza Jean Baptiste ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya Kinondoni Municipal Council Football Club “KMC” yamaze kumvikana n’iyi kipe kuyikinira undi mwaka umwe 2020-2021
Migi
uheruka mu Rwanda, hari hashize iminsi havugwa amakipe menshi yamushakaga yaba
ayo muri Tanzania ndetse no mu Rwanda ariko bikaba birangiye kumvikanye na KMC
amasezerano y’umwaka umwe azajya yamba nimero 7 aho kwambara nimero 26 yarasanganywe.
Migi mu gihe kingana n’umwaka umwe azajya ahembwa ibihumbi bibiri y’amadoraro
hafi miliyoni 2 ku mwezi.
Mugiraneza
Jean Baptiste aherutse gusezera mu ikipe y’igihugu Amavubi avuga ko aricyo gihe
agatanga umwanya ku bakinnyi bakiri bato nabo bakigaragaza.
TANGA IGITECYEREZO