Sinema ni kimwe mu byinjiza amafaranga atagira ingano muri iyi si ya rurema ndetse itunze abantu benshi batandukanye. Bitewe n’ubuhanga abakinnyi bagiye bafite, hari ababashije kwinjiza amafaranga menshi ku buryo bahindutse abaherwe.
Umuntu utunze amafaranga menshi mu bakinnyi ba filime ku isi afite miliyoni 820 z’amadolari, ni ukuvuga miliyari hafi 700 z’amanyarwanda. Aya mafaranga yose aba yaravuye mu bikorwa bitandukanye ba nyir’ukuyatunga baba barakoze ndetse no mu ma filime baba barakinnye cyangwa baragizemo uruhare runaka bigatuma bamenyekana bakungukiramo bikomeye.
Tutizimbye mu magambo rero, ushobora kuba ufite amatsiko menshi yo kumenya abakinnyi ba filime 10 bakize kurusha abandi, wabireba muri aya mashusho ari hasi:
TANGA IGITECYEREZO