Mu mpera z’icyumweru gishize mu gihugu cya Afurika y’Epfo habaye amarushanwa ya Nyampinga w’Umuco ku Isi, mu irushanwa umunyarwandakazi Mutoni Jane yegukanye umwanya w’igisonga cya mbere, nyuma yaho, we na bagenzi be bagatemberezwa igihugu cya Afrika y'Epfo.
Mutoni Jane wageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Gashyantare 2017 yagize amahirwe yo gutemberera muri Afurika y’Epfo aho yasuye inyubako ya nyakwigendera Nelson Mandela, Lion Park aho bageze ku ntare bakazikirigita bakifotozanya nazo, bagatemberezwa umujyi wa Johannesburg n’ahandi hanyuranye. Kuri ubu uyu mukobwa yamaze kugera mu Rwanda.
REBA AMAFOTO Y’UYU MUKOBWA MURI AFURIKA Y’EPFO:
Imikenyero ya kinyarwanda niwo mwambaro Jane yamurikiye isi avayo azanye umwanya w'igisonga cya mbereBatemberejwe umujyi wa Johannesburg muri Afurika y'Epfo
Batemberejwe ku nyubako ya nyakwigendera Nelson Mandela
Batemberejwe ahari status ya Nyakwigendera Nelson MandelaMu modoka berekeza muri Park y'IntareMiss Jane akirigita intare
Aba bakobwa bifotoreza ku ntare
AMAFOTO: Dominique Troufleau
TANGA IGITECYEREZO