BRALIRWA Ltd, itewe ishema no gushyira ku mugaragaro ibirango bishya bya PRIMUS!. Nk’ikinyobwa gihatse ibindi ku isoko, PRIMUS izanye ibirango bishya kandi bijyanye n’igihe.
Ibi birango ni igisobanuro y’uko abakunzi ba PRIMUS bakataje mu iterambere. Mbese uko u Rwanda rugenda rutera intambwe igana aheza, ni nako PRIMUS itasigaye inyuma muri urwo rugendo.
Kimwe n’abakunzi bayo; PRIMUS ihora iteka igambiriye kugana heza kurushaho, ari naho hava ya mvugo igira iti: Ibihe Byacu, Inzoga Yacu.
Hari ku wa Gatandatu i Nyamirambo, ubwo ibirango bishya bya PRIMUS byashyirwaga ahagaragara, imbere y’abafana ba PRIMUS Guma Guma Super Star basaga ibihumbi 50. Icumu ryayo ni ya PRIMUS, igiciro nticyahindutse, isura ni shya.
Twese icyarimwe nkabitsamuye, mucyo tuzamure amacupa yacu tugira tuti: Ibihe Byacu, Inzoga Yacu.
TANGA IGITECYEREZO