Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru nibwo habaye umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru cyari kimaze ukwezi kibera mu gihugu cya Brazil aho ikipe y’igihugu y’u Budage yacyegukanye itsinze Argentine igitego 1-0.
Iki gikombe cy’isi cyaranzwe n’imifanire iri ku rwego rwo hejuru dore ko cyabereye mu gihugu cya Brazil gisanzwe kizwiho kugira abaturage bakunda cyane umupira w’amaguru.Muri iyi nkuru turagaruka kuri amwe mu mafoto atangaje yaranze abafana b’amakipe atandukanye bari bitabiriye aya marushanwa.
Byari bigoranye kumenya ikipe uyu afana
Abafana b'ikipe ya Mexique
Iyi mbwa yafanaga ikipe ya Brazil
Abafana b'ikipe y'Ubuyapani
Uyu yafanaga umukinnyi Hulk w'ikipe ya Brazil
Uyu yafanaga Argentine
Umufana w'ikipe ya Brazil
Iyi njangwe yari yaje gushyigikira ikipe ya Brazil
Umufana w'ikipe ya Uriguay
Umufana w'ikipe ya Cote d'Ivoire
Aha Brazil yari imaze gutsindwa n'ubudage 7-1
Ubwoba bwari bwabatashye
Uyu umujinya wari wamwishe ubwo ikipe ye ya Brazil yari imaze gutsindwa ibitego 7
Aba ni uko bahisemo kwambara
Uyu nawe ni uku yafana yambaye
Uyu yafanaga ikipe 2 icyarimwe
Uyu we ni uku yatatse icyumba cye
Abafana bari bishimye bikomeye
Aba bsezeraga ikipe y'Ubwongereza
abafana bari batangaje
Iyi foto nayo yatangaje abantu benshi
Aba bari bishimanye
Uyu musaza yifatanyije n'umwuzukuru we mu gahinda ubwo Brazil yatsindwaga
N'ubwo bari baje gufana,urukundo rwari rwose
Aba bo umwana bamwise izina akiri mu nda
Aba ni uku bafanaga
Aba bari bahuje urugwiro
Uyu we yumvaga nta kabuza Argentine izagitwara ariko siko byagenze
Kuvamo kw'amakipe byababazaga abafana bayo
Uyu we yafanaga Lionel Messi
Aha hari ku mukino wahuje Ubudage na Brazil aho umwe yabwiraga undi ati:Brazil nitsinda tuzabana,undi nawe ati Brazil nitsindwa tuzabana"
Uyu mwana yafanaga ikipe ya Leta zunze ubumwe za America
Aba bo bahisemo kwambara amasura y'abakinnyi batandukanye
Aba bari bigize nk'inyamaswa
Umufana w'ikipe ya Mexique
Abafana b'ikipe ya Ghana
Robert N Musafiri
TANGA IGITECYEREZO