Kigali

Amafoto atangaje yaranze abafana b'amakipe atandukanye mu gikombe cy'isi cya 2014

Yanditswe na: Robert Musafiri
Taliki:14/07/2014 11:02
0


Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru nibwo habaye umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru cyari kimaze ukwezi kibera mu gihugu cya Brazil aho ikipe y’igihugu y’u Budage yacyegukanye itsinze Argentine igitego 1-0.



Iki gikombe cy’isi cyaranzwe n’imifanire iri ku rwego rwo hejuru dore ko cyabereye mu gihugu cya Brazil gisanzwe kizwiho kugira abaturage bakunda cyane umupira w’amaguru.Muri iyi nkuru turagaruka kuri amwe mu mafoto atangaje yaranze abafana b’amakipe atandukanye bari bitabiriye aya marushanwa.

hh

 Byari bigoranye kumenya ikipe uyu afana

ff

Abafana b'ikipe ya Mexique

ff

Iyi mbwa yafanaga ikipe ya Brazil

hh

Abafana b'ikipe y'Ubuyapani

tyh

Uyu yafanaga umukinnyi Hulk w'ikipe ya Brazil

ff

Uyu yafanaga Argentine

dd

Umufana w'ikipe ya Brazil

f

Iyi njangwe yari yaje gushyigikira ikipe ya Brazil

ff

Umufana w'ikipe ya Uriguay

vv

Umufana w'ikipe ya Cote d'Ivoire

xx

Aha Brazil yari imaze gutsindwa n'ubudage 7-1

ff

Ubwoba bwari bwabatashye

ff

Uyu umujinya wari wamwishe ubwo ikipe ye ya Brazil yari imaze gutsindwa ibitego 7

vv

 Aba ni uko bahisemo kwambara

gg

Uyu nawe ni uku yafana yambaye

dd

Uyu yafanaga ikipe 2 icyarimwe

ff

Uyu we ni uku yatatse icyumba cye

dd

Abafana bari bishimye bikomeye

hh

Aba bsezeraga ikipe y'Ubwongereza

gg

abafana bari batangaje

n

Iyi foto nayo yatangaje abantu benshi

hh

Aba bari bishimanye

dd

Uyu musaza yifatanyije n'umwuzukuru we mu gahinda ubwo Brazil yatsindwaga

ff

N'ubwo bari baje gufana,urukundo rwari rwose

vv

Aba bo umwana bamwise izina akiri mu nda

vv

Aba ni uku bafanaga

cc

Aba bari bahuje urugwiro

dd

Uyu we yumvaga nta kabuza Argentine izagitwara ariko siko byagenze

xdx

Kuvamo kw'amakipe byababazaga abafana bayo

cc

Uyu we yafanaga Lionel Messi

dd

Aha hari ku mukino wahuje Ubudage na Brazil aho umwe yabwiraga undi ati:Brazil nitsinda tuzabana,undi nawe ati Brazil nitsindwa tuzabana"

ff

Uyu mwana yafanaga ikipe ya Leta zunze ubumwe za America

xx

Aba bo bahisemo kwambara amasura y'abakinnyi batandukanye

dd

Aba bari bigize nk'inyamaswa

xx

Umufana w'ikipe ya Mexique

nn

Abafana b'ikipe ya Ghana

Robert N Musafiri

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo


KOPA

Inyarwanda BACKGROUND