Inyarwanda.com, twabegernyirije amafoto y’abakinnyi b’imikino igiye itandukanye bakiri abana bato. Bamwe bigaragara ko imikino barimo bayikunze kuva kera
Uyu ni David Beckham akiri muto. Yahereye kera akunda ruhago:
Christiano Ronaldo kuri ubu ukina muri Real Madrid, dore uko yari ameze akiri akana gato cyane:
Lewis Carl Davidson Hamilton(Lewis Hamilton) wegukanye umwanya wa mbere mu isiganwa ry’amamodoka Formula 1 n’ibindi bikombe, yahereye akiri muto akunda gutwara amamodoka y’isiganwa:
Dore LeBron James wambara nimero 6 w’ikipe ya Basket Miami Heat, akiri muto:
Roger Federer wibitseho ibikombe bitari bike mu mukino wa Tennis, na kera ntiyatanaga n’akadenesi:
Lionel Messi kuri ubu uri mu bakinnyi ba ruhago bakunzwe cyane, yahereye ari muto akina umupira w’amaguru:
Uyu ni umukinnyi wa Tennis Rafael Nadal akiri muto:
Ronaldinho ukina ruhago, akaba akomoka muri Brazil ni uku yari ameze akiri muto cyane:
Abavandimwe b’impanga Serena Williams na Venus Williams begukanye ibikombe byinshi babikesha Tennis ni uku bari bameze bakiri bato:
Tiger Woods (Eldrick Tont Woods) ufatwa nk’umwe bakinnyi beza ba Golf b’ibihe byose ni uku yari ameze akiri muto:
Tiger Woods yigishijwe na se gukina Golf afite imyaka 2 gusa. Aha yari kumwe n’umutoza wa Gof Rudy Durand, dore ko Woods yakinnye golf bwa mbere afite imyaka 3, kandi icyo gihe yabashije kugushamo inshuro 48 zose:
Ku myaka 8 gusa Tiger Woods yegukanye umwanya wa mbere mu mukino wa Golf:
Zlatan Irahimovic ukomoka muri Suede kuri ubu ukinira ikipe ya PSG, dore uko yari ameze akiri umwana:
Cyuzuzo Jeanne d'Arc
TANGA IGITECYEREZO