RURA
Kigali

AFC/M23 ntikitabiriye ibiganiro yagombaga guhuriramo n'abayobozi ba DRC

Yanditswe na: Niyigena Geovanie
Taliki:17/03/2025 21:21
0


Nyuma y'uko abayobozi bakuru ba AFC/M23 bafatiwe ibihano, iri huriro ryatangaje ko ritakitabiriye ibiganiro byo gushaka Amahoro byari kurihuza n'ubuyobozi bwa DRC muri Angola.



Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ritazitabira ibiganiro byo gushaka amahoro byagombaga guhuza abayobozi baryo n'aba Leta ya Repubulika lharanira Demokarasi ya Congo.

Ibi biganiro byagombaga kubera i Luanda muri Angola, ku wa Kabiri, tariki 18 Werurwe, 2025.

Mu itangazo ryo kuri uyu wa Mbere, AFC/ M23, yavuze ko iki cyemezo cyatewe n'ibihano byafatiwe abayobozi baryo ndetse rigaragaza ko hari imiryango mpuzamahanga iri kubangamira inzira igamije kugarura amahoro binyuze mu biganiro.

Kuri uyu wa Mbere, nibwo umuryango w'Iburayi wasohoye itangazo ry'uko bahannye abayobozi bakuru ba AFC/M23 barimo Bertrand Bisimwa, John Imani Nzenze, Joseph Musanga (Bahati Erasto) ...



M23 yatangaje ko ibyibiganiro babivuyemo





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo


KOPA

Inyarwanda BACKGROUND