RFL
Kigali

Dore ubwoko 5 bw’ibiribwa n’ibinyobwa ukwiye kureka niba ushaka kuzajya utera akabariro neza

Yanditswe na: Nadia Kangabe
Taliki:19/10/2021 17:02
1


Isukari nyinshi ndetse n’amavuta biboneka mu biribwa n'ibyo kunywa mu mubiri ntabwo ari byiza ku buzima bw’ikiremwamuntu kuko itera umubyibuho ukabije by'umwihariko bigatuma umuntu ubifashe atabasha gutera akabariro neza.



Reba urutonde rukurikira rw’ibiribwa ukwiye kugabanya kurya niba ushaka kuzajya ukora imibonano mpuzabitsina neza:

1.Ikinyobwa cya Fanta

Hagarika kuzajya unywa Fanta nyinshi noneho akarusho faanta ikonje ugomba kuyibagirwa, abantu benshi bibwira ko fanta ikonje itera ubuzima bwiza ariko ni ukwibeshya cyane, abahanga mu by’ubuzima bavuga ko fanta ikonje itera umubyibuho kandi ikagira ingaruka ku mutima yo kwandura irwara z’ibyuririzi kandi igatera n’indwara ya Diabete.

Bityo aho kunywa Fanta wakinywera amazi, kandi niba udakunda amazi byibura ugafata ya Fanta maze ukayifungura n’amazi cyangwa na Barafu.

2.Ifiriti y’ibirayi

Uku ni ukuri, igaragara neza ndetse iranaryoha ariko ntabwo ari nziza ku buzima bw’umuntu, niba wumva ushaka umubyibuho ukabije ndetse no gucika intege mu gihe uri gukora imibonano mpuzabitsina, wagumya ukirira ifiriti, mwumve neza ko ibiryo byose bitera umubyibuho ko byangiza n’imibonano mpuzabitsina kuko ibi biribwa ngo bituma intanga ziba amazi.

Aho kurya ifiriti y’ibirayi wakwirira ifiriti y’ibijumba kuko ibijumba bifite ibintu byinshi by’inyungu ku buzima bwa muntu kuko bifasha amaraso kugira isukari iri ku gipimo cyiza,ibijumba bifite isukari karemano.

3.Kuvanga ibyo kunywa bifite isukali

Kunywa ibisindisha byinshi ntabwo ari byiza,noneho bikaba bibi kurushaho iyo ufashe ibinyobwa bigizwe n’isukari by’ubwoko butandanye,kuvanga ibinyobwa by’isukari by’ubwoko butandukanye bituma uko bwije nuko bukeye ubifata ugenda ucika intege ku buryo mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina ucika intege.

4.Amakaroni

Biroroshye kugira ngo ureke kuzajya urya amakaroni yonyine,kuko nkuko abahanga babivuga bavuga ko amakaroni yongera isukari mu maraso nuko akagenda akabyara ibinure bizagutera umubyibuho ukabije kandi umubyibuho ukabije icyo umaze ku muntu ni ukumuca intege ndetse ukamutera n’umunaniro,niba ushaka gukomeza kurya amakaroni gerageza ujye uyarya ariko nurangiza ufate na Salade wakoze irimo Venegere ihagije kugira ngo igufashe ku kurinda uwo mubyibuho wa Makaloni ndetse ugomba no kuyarisha Isosi y’inyanya.

5.Biscuits

Biscuit ni kimwe mu biribwa bya mbere bitera umubyibuho ukabije wawundi uzakubangamira no mu mihumekere yawe,niba wumva utasiba biscuit ku ifunguro ryawe rya mu gitondo basi njya ugerageza uyishyireho Marigarine nuko ufate n’umureti hanyuma ubishyire mu mukati ibi bizagufasha kukurinda uwo mubyibuho,kuko umubyibuho ntabwo ari mwiza mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina.

Src:www.medicalnewstaday.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Emmy kinp paster2 years ago
    Ibyo muvuga ni ukuri aho turemeranywa cyane. nonec nkumuntu utera akabariro agatinda kurangiza cyane ho sicyibazo mwagugira iyihe nama? Murakoze





Inyarwanda BACKGROUND