RFL
Kigali

MU MAFOTO 10: Dore inkweto zigiye kujya ku isoko za Bodaboda z'abagore zifite taro zagenewe kwambarwa mu birori

Yanditswe na: Nadia Kangabe
Taliki:11/06/2021 10:37
1


Inkweto zikoze muri Plastic zikunzwe kwitwa Bodaboda hano mu Rwanda ni zimwe mu zambarwa n'abantu benshi. Bitewe n'uko izi nkweto zikunzwe kutajyanwa ahantu henshi dore ko abenshi bazambarira mu rugo, uruganda rwa Crocs ruzikora rufatanije n'urwa Balenciaga bagiye gusohora Bodaboda z'abagore zifite na taro bazajya bajyana mu birori.



Inganda zikora inkweto za Bodaboda zihari ari nyinshi ku isi gusa harimo uruganda ruzikora rwitwa Crocs ari narwo rufite isoko rinini ku isi mu kuzicuruza. Uru ruganda rukaba rwatangaje ko rugiye gufatanya n'uruganda rwa Balenciaga rukora inkweto n'imyenda maze bagakora Bodaboda z'abagore zifite taro (High Heels). Izi nkweto zikazajya ku isoko mu minsi iri imbere.

Dore uko izi nkweto zimeze mu mafoto 10:

1


2


3


4


5


6


7


8


9


10


Src:www.Hollwoodlife.com







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • umukundwa edinance2 weeks ago
    cyz zirarenze ankahex





Inyarwanda BACKGROUND