Madamu Jeannette Kagame yatanze ubutumwa bugaragaza ko abanyarwanda bakwiriye kwibuka bakomeza kwibukiranya igihango bafitanye cy'uko isano muzi ari ubunyarwanda.
Madamu Jeannette
Kagame yanyujije ubu butumwa kuri Twitter kuri uyu munsi hatangirijwe ku
mugaragaro kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi. Mu butumwa bwe yanditse agira ati ”Twibuke
dukomeze kwibukiranya igihango dufitanye; ko isano-yacu ari ubunyarwanda, kandi
ko tuzakomeza kubukomeraho tuburaga abadukomokaho, na bo bikomeze bityo!” Yasoreje
ku butumwa butanga icyizere ahumuriza
abatuye u rwa gasabo ati “Humura Rwanda!”.
Ubutumwa Madamu Jaennette Kagame yanyujije kuri Twitter y
Madamu Jeannette Kagame kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Mata 2021 yitabiriye
umuhango wo gutangiza ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe
Abatutsi mu 1994 aho yari kumwe na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame, bacana urumuri rw’icyizere.
TANGA IGITECYEREZO