RFL
Kigali

Ntugende udakinnye uyu mukino ushimishije, muri iyi foto urabonamo abakobwa bangahe?

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:12/12/2020 15:03
1


Kimwe n'umubiri, ubwonko nabwo bukenera imyitozo kugira ngo bukomeze kuba maso. Hano rero hari ikizamini gishimishije kigufasha gupima ubuhanga bwawe bwo kwitegereza.



Inzira nziza yo kuruhuka ni ugukina imikino yo kwibuka, cyangwa ibizamini by’amaso kubera ko ibibazo abantu bahura na byo mu buzima busanzwe bwa buri munsi bitera guhangayika ndetse n’izindi ndwara nyinshi. Na none, ni ngombwa guhanagura ibitekerezo byawe wishora mu bikorwa bishimishije bishobora gukora nka gymnastique yo mu mutwe icyarimwe.

Nonese mu by’ukuri aba bakobwa ureba imbere yawe ni bangahe?


Ese ni batatu, ni bane se? cyangwa ni cumi na batatu? Birashoboka ko waba utekereza ko aba bakobwa ari bane cyangwa se ari batatu

Igisubizo nyacyo ni ikingiki, mu by’ukuri aba ni abakobwa 2 bicaye imbere y’indorerwamo

Niba wabashije guhita ubona igisubizo byoroshye, turagushimiye cyane ubwonko bwawe ndetse n’amaso yawe biracyakora neza, niba kandi wabonye igisubizo bikuruhije nawe wakoze haracyari icyizere, ariko niba utari wabashije kumenya umubare w’aba bakobwa, urarwaye rwose ukeneye muganga.

Src: Daily mail






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Boaz Niyomungeri1 year ago
    Mubyukuri burya aba nabakobwa 2, murakoze rero kutumenyesha uko twa menya ko turibazima natsinze.





Inyarwanda BACKGROUND