RFL
Kigali

INYARWANDA TOP10: Indirimbo 10 zishoje icyumweru cya cumi cy’umwaka wa 2019 zikunzwe mu Rwanda

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:19/03/2019 12:29
2


Mu Rwanda abahanzi bakora ibishoboka byose ngo bashimishe abakunzi babo, inzira nziza yo gushimisha abakunzi b'abahanzi ni ukubaha ibihangano kandi byiza. Iyo abafana b'umuziki bakunze igihangano cyawe ntabwo ushobora kubiyoberwa cyane ko usanga cyigaruriye aho bacuranga indirimbo hose.



Guhera mu ntangiriro za 2019 twatangiye kujya tubagezaho indirimbo icumi ziba zarakunzwe cyane yaba ku ma radiyo, utubyiniro n'ahandi hose bacuranga indirimbo ndetse n'abantu bakazisaba. Iyi gahunda INYARWANDA yayitekereje nk'ikinyamakuru cyibanda cyane ku myidagaduro cyifuza guteza imbere ibihangano by'abahanzi nyarwanda by'umwihariko umuziki w'abanyarwanda, izajya ikorwa buri cyumweru.

Mu cyumweru cya cumi cy'umwaka wa 2019 nyuma y'uko Inyarwanda.com itoranyije indirimbo zacuranzwe cyane ku ma radiyo, mu tubyiniro n'ahandi bacuranga indirimbo z'abahanzi b'abanyarwanda twahisemo kubatoranyiriza indirimbo icumi z'icyumweru arizo twise "Inyarwanda Top10".

Inyarwanda Top10

Inyarwanda Top10

Kugeza magingo aya ‘indirimbo Naremeye ya The Ben ni yo ikiyoboye urutonde rw’indirimbo icumi zikunzwe mu Rwanda mu gihe Yuda ya Ama G The Black Ft Butera Knowless kimwe n’indirimbo It’s Love ya Marina na Uncle Austin zo zamaze kwinjira muri uru rutonde zitari zisanzwemo.

KANDA HANO WUMVE IZI NDIRIMBO ICUMI ZIRANGIJE ICYUMWERU CYACUMI CY’UMWAKA WA 2019 ZIKUNZWE CYANE






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Nsabimana innocent5 years ago
    nibyiza ibyo mutugezaho
  • Mbungiramihigo Peacemaker4 years ago
    Nshima uburyo umuziki nyarwanda utera imbere.





Inyarwanda BACKGROUND