RFL
Kigali

INYARWANDA TOP10: Indirimbo zakunzwe kurusha izindi mu cyumweru cya Cyenda, Karasira na Amalon binjiyemo bwa mbere

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:5/03/2019 10:38
0


Mu Rwanda abahanzi bakora ibishoboka byose ngo bashimishe abakunzi babo, inzira nziza yo gushimisha abakunzi b'abahanzi ni ukubaha ibihangano kandi byiza. Iyo abafana b'umuziki bakunze igihangano cyawe ntabwo ushobora kubiyoberwa cyane ko usanga cyigaruriye aho bacuranga indirimbo hose.



Guhera mu ntangiriro za 2019 twatangiye kujya tubagezaho indirimbo icumi ziba zarakunzwe cyane yaba ku ma radiyo, utubyiniro n'ahandi hose bacuranga indirimbo ndetse n'abantu bakazisaba. Iyi gahunda INYARWANDA yayitekereje nk'ikinyamakuru cyibanda cyane ku myidagaduro cyane cyane cyifuza guteza imbere ibihangano by'abahanzi nyarwanda by'umwihariko umuziki w'abanyarwanda, izajya ikorwa buri cyumweru.

Mu cyumweru cya cyenda  cy'umwaka wa 2019 nyuma y'uko Inyarwanda.com itoranyije indirimbo zacuranzwe cyane ku ma radiyo, mu tubyiniro n'ahandi bacuranga indirimbo z'abahanzi b'abanyarwanda twahisemo kubatoranyiriza indirimbo icumi z'icyumweru ari zo twise "Inyarwanda Top10".

UMVA HANO IZI NDIRIMBO UKO ARI ICUMI

Inyarwanda Top10

Icumi za mbere...

Kugeza magingo aya ‘indirimbo Naremeye ya The Ben ni yo iyoboye urutonde rw’indirimbo icumi zakunzwe mu Rwanda mu gihe Ntizagushuke ya Clarisse Karasira na Byakubaho ya Amalon zo zamaze kwinjira muri uru rutonde zitari zisanzwemo bituma aba bahanzi binjira bwa mbere kuri uru rutonde mu gihe batigeze binjiramo na rimwe.

UMVA HANO IZI NDIRIMBO UKO ARI ICUMI







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND