RFL
Kigali

ITANGAZO RYA CYAMUNARA KU MUTUNGO UTIMUKANWA

Yanditswe na: ISHIMWE Walter
Taliki:22/07/2024 7:52
0


Kugira ngo hashyirwe mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru / RDB Ref No. 024-132887 cyo kuwa 11/07/2024, hishyurwa umwenda wa Banki;



Uwashinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n'ubutaka bubaruwe kuri UPI: 1/03/08/01/2029 uherereye mu Mudugudu wa Nyamyijima, Akagari ka Ayabaraya, Umurenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro, Intara y'Umujyi wa Kigali. 


Umutungo ugurishwa ufite ubuso bungana na 3,401 M2, ukaba ufite agaciro kangana na Miliyoni makumyabiri na zirindwi n'ibihumbi maganabiri n'umunani (27,208,000 Frw). Cyamunara izakorwa mu buryo bw'ikoranabuhanga, abifuza gupiganwa bazabikora baciye ku rubuga: www.cyamunara.gov.rw bakaba basabwa kubanza kwishyura amafaranga y'ipiganwa angana na 5% y'igiciro fatizo cya 27,208,000 Frw ariyo 1,360,400 Frw yishyurwa ukurikije uko sisitemu ipiganirwaho yubatse hakoreshejwe urubuto, amafaranga agashyirwa kuri konti yabugenewe ibika ingwate icungwa na MINUJUST (www.cyamunara.gov.rw).

Gusura umutungo bikorwa buri munsi mu masaha y'akazi. Ifoto y'umutungo n'igenagaciro ryawo biboneka ku rubuga www.cyamunara.gov.rw

NB: Uzegukana umutungo azishyura igiciro cyatanzwe kuri konti No: 01031640003 yanditse ku mazina ya Kanyana Bibiane iri muri Bank of Africa Ltd, ahereye ku ngwate y'ipiganwa yari yishyuye. Uwakenera ibisobanuro birambuye yahamagara kuri telefon igendanwa: +250788426730

Bikorewe i Kigali kuwa 22/07/2024

Uwashinzwe kugurisha ingwate; Me Kanyana Bibiane







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND