Ubwo abagore babiri besuranaga barwana, imbwa yagiye kubakiza niko kumanura ipantalo y’umugore umwe yanika ikibuno cye hanze, abari bashungereye batangira gufata amashusho ari na ko asakazwa ku mbuga nkoranyamabaga.
Aba bagore baje gufatana bararwana bapfa umugabo
umwe basangiye, ibyo bibaviramo intandaro y’amakimbirane.
Aya mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyamba yateye benshi agahinda bababazwa no kubona abagore barwanira umugabo mu ruhame, abandi bakorwa n’isoni ubwo babaonaga ubwambure bw’umugore.
Imbwa yabonye abo bagore barimo kurwana byayibabaje irirukanka irabakiza, igeze ku mugore wa mbere ikurura ipantalo ku bw’amahirwe macye uyu
mugore uteri wambaye umwenda w’imbere, yisanga ikibuno cye cyagiye hanze.
Iyi mbwa yashimwe ubutwari yagaragaje ijya gukiza
abantu mu gihe abandi bari bashungereye bogeza iyo mirwano ariko n’abandi
bafata amashusho bayoherezanya.
Byateye benshi kwibaza ku kibazo cyo kugonganisha
abagore gikunze gutezwa n’abagabo igihe bakunda abagore barenze umwe cyangwa
bakabashaka, bigateza ishyari hagati yabo.
TANGA IGITECYEREZO